IntegoKurengera uburenganzira n'imibereho ya BURI mwana ufite ubumuga Serivise z'ubuzima kurwego rwibanze, cyane cyane aho ibikorwa remezo bidakomeye, birashyigikirwa kandi abashinzwe ubuzima bagashimangirwa. Kongera ubushobozi nubumenyi bwinzego zibanze bizamura ubuziranenge no kugera kuri serivisi zubuzima. Ibigo byita ku bafite ubumuga nibyiza kandi ni ngombwa, ariko ntibishoboka kugera kubantu benshi bafite ubumuga baba mucyaro. Menya byinshi kuri Bienfait RwandaIbyo twifuza kugeraho0Umubare w'abakozi bashinzwe ubuzima There are more than 1600 volunteer Community Health Workers in Karongi District. They are the backbone of the health system in Rwanda. 0Umubare w'imidugudu We would like to reach out 100 villages in six months with our mobile team to give diagnosis and support. 0Umubare w'abana bafashijwe We hope to give support to 500 kids with disabilities each year. Perhaps more. Amakuru agezweho